Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

IBY’UMUSHAHARA FATIZO, NKUNGANIRE N’IMISHINGA YADINDIYE BYOSE BISHYIZWEHO UMUCYO

Nta byacitse ihari,| Ingaruka z’intambara ya Iran ku bukungu bw’u Rwanda | PM Dr. Justin Nsengiyumva

TWASHYIZE IMBARAGA HAMWE || THE BEN NA BRUCE MELODIE BATEGUJE IBIDASANZWE MURI COUNTRY SUMMER TOUR |

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Imyidagaduro

Inkuru Nshya

Gandhi Alimasi Djuna ukomoka muri RDC wamamaye mu muziki nka Maître Gims yatawe muri yombi aho akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza amafaranga ndetse no kudasobanura inkomoko y’umutungo we.
Minisitiri w’Umutekano imbere mu gihugu, Vincent Biruta, yashyikirije Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou N’Guesso,o ubutumwa bwa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 16-20 Werurwe 2026, byinjije arenga miliyari 13 Frw avuye muri toni 9,651 z’ibyoherejwe byose hamwe.
Umuryango wa Imbuto Foundation ku bufatanye na Mount Kigali University, bahaye impamyabushobozi abarezi b'abana bato 23, baturutse mu ngo mbonezamikurire y’abana bato basanzwe  bafitanye imikoranire.
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Mussa yashimiye Leta y’u Rwanda n’Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame, ku ruhare bagize mu guha agaciro Abayisilamu no kubafungurira amarembo mu nzego zitandukanye z’igihugu
Al Hilal SC yatsinze irusha , ikipe ya Bugesera FC ihita ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiyona.
Perezida Paul Kagame yemereye Abayisilamu kongera gusubizaho umuhamagaro w’isengesho rya mu gitondo cya kare ‘Adhan’, hifashishijwe indangururamajwi nk’uko byahoze.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye gusobanura impamvu z’ifungwa ry’insengero zimwe na zimwe, agaragaza ko byatewe n’imikorere idahwitse muri zimwe mu nzego z’amadini n’amatorero, atari ugutoteza imyemerere nk’uko bamwe babivuga