Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Ikipe ya Gasogi United yatewe mpaga inacibwa amande kubera kutitabira umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports FC kuri iki cyumweru saa yine (22:00) muri stade Amahoro.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, ikina Shampiyona y'u Rwanda, yasezerewe na RS Berkane yo muri Maroc muri ¼ cya CAF Champions League ku giteranyo cy'ibitego 2-1 mu mikino yombi.
Ikipe ya Police FC ikomeje kugira umusaruro nkene nyuma yo kugwa miswi igitego 1-1 na Etincelle FC yongera gushimangira ko kuyizera bisaba umutima ukomeye.