November 8, 2024

Kabila yageze i Goma nyuma y’igihe mu buhungiro

Perezida Kagame na El-Sisi wa Misiri baganiriye ku bibazo byazonze DRC

Iteye amabengeza: Rond-point yo kuri KCC igeze kure ivugururwa (Amafoto)

Nyarugenge: Impanuka ya Ritco yahitanye babiri

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA cyatangaje ko amanota asoza icyiciro cy’Amashuri y’isumbuye cya 2023/2024 azashyirwa hanze muri uku Gushyingo.
Perezida Paul Kagame witabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt Africa yagaragaje uburyo kuba mu nkambi byatumye amenya ko ibibazo byose u Rwanda rwanyuzemo byaterwaga n’ubuyobozi bubi.
I Kigali hateraniye urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afurika, rwitabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt ifite insanganyamatsiko igira iti " Imirimo y'urubyiruko ishingiye ku guhanga ibishya.
Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko muri iki gihe mu Rwanda hari ibyorezo ndetse no mu bihe bindi bisanzwe, abakora kwa muganga basabwa kwitwararika bakurikiza neza amabwiriza yo kwirinda ubwandu ndetse no kwirinda gukwirakwiza indwara.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka