Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye guterwa n’indwara ya Ebola, kuko igihugu cyashyizeho ingamba zikomeye zo kuyikumira no kuyikurikirana, kandi bikorwa bitabangamiye ubucuruzi
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette, yavuze ko u Rwanda rwahisemo ko iterambere no kurengera ibidukikije bitezwa imbere icyarimwe nk’inzira irambye yo kubaka ubukungu no guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye neza ibyatangajwe n'Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, washimye ko rwujuje inshingano zarwo mu gushaka ibisubizo ku makimbirane ari hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) cyizihije isabukuru y’imyaka 20 kimaze gishyizweho, hibandwa ku rugendo rwacyo rwo kubaka igihugu cyihanganira imihindagurikire y’ibihe, kurengera ibishanga no gushyiraho politiki zifasha u Rwanda guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere
Abanyeshuri batanu b'Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kaminuza ya 'Kent State' yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagerageje gutwara indege bwa mbere