Ibidukikije

Abasenateri bagaragaje ko bahaganyikishijwe n'ubwiyongere bw'ibirego by'abaturage bangirizwa n'inyamaswa ziva muri Pariki zibakikije, aho byiyongereye hafi 30% muri 2024-2025
Minisiteri y'Ibidukikije yasabwe gusobanura mu gihe kitarenze amezi abiri impamvu yateye igihombo cyarenga miliyari 1.32 z’amafaranga y’u Rwanda, cyatewe no kudashyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano Ikigo cya SEAL cyari cyagiranye n'u Rwanda yo gusarura no gusazura amashyamba mu Ntara
Pariki y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025, hafashwe abantu 135 bakekwaho ubujura bw’inyamaswa barimo abafatiwe imbere muri Pariki ndetse no hanze yayo.
Abaturage baturiye pariki ndetse n'ibiyaga bibamo inyamanswa bishimira ingamba zashyizweho zo kubaka uruzitiro ku ma pariki no gucukura imisingi ku biyaga kuko byakemuye ikibazo cy'izi nyamanswa zajyaga kubonera imyaka
Green Gicumbi, ni umwe mu mishinga minini u Rwanda rufite yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubaka ubukungu butangiza ibidukikije, aho mu myaka itandatu ugiye kumara, watwaye miliyari zisaga 32 Frw
Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Ndego, Sosiyete ProDev Kayonza niyo yatangiye guhinga igihingwa cya Turmeric cyifashishwa mu kuryoshya ibiryo cyangwa icyayi.
Guverinoma y’u Rwanda, ku bufatanye n'iya Singapore, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, batangiye kwakira ubusabe bw'abantu bafite imishinga y’indashyikirwa ijyanye no gushyira mu bikorwa amasezerano ibihugu byombi bifitanye, hibandwa ingingo ya gatandatu ku masezerano ya Paris ajyanye no kubungabunga ikirere .
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko kuva mu 2025, inzovu 43 zongerewe mu zakorewe ibarura ndetse imyirondoro yazo iramenyekanya
Minisiteri y’ibidukikije yashyizeho amabwiriza agena imiterere y’amafaranga yishyurwa kuri serivisi zitangwa mu isoko rya karuboni (Carbon) mu Rwanda
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yatangariye u Rwanda nyuma yo gutembera ibice bitandukabye by'igihugu birimo Huye,Nyanza, Bugesera,Rusizi, Rulindo na Musanze .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka