Imyidagaduro

Filime ‘Hurts Harder’ iri mu zakunzwe cyane muri Sinema Nyarwanda muri 2025, igiye gukorerwa igice (season) ya gatatu, ku busabe bwinshi bw'abayirebye bakayikunda
Umuhanzikazi Marina Deborah yahaye gasopo  Badrama, ukomeje kwifashisha izina rye mu mafuti ye yo guharabika u Rwanda n’abayobozi barwo.
Umuhanga mu kuvanga imiziki, DJ Iraa, yahishuye ko akomeje guterwa ubwoba no gutukwa na bamwe mu Barundi batigeze bishimira icyemezo yafashe cyo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda akabuhabwa.
Umunyarwenya Ntakirutimana Amza, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka ‘G TUFF’, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Jojo amusaba kumubera umugore.
Perezida Paul Kagame yashimiye amakipe atatu yo ku Mugabane w'u Burayi akorana n’u Rwanda binyuze muri gahunda ya VisitRwanda, yageze muri 1/2 cy’imikino y’amakipe yabaye aya mbere i wayo , UEFA Champions League.
Prophet Vincent Mackay ukorera ivugabutumwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye kurushinga n’Umunyarwandakazi Kate Clinton Ndikumagenge, bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yemeje ko dosiye ya Semuhungu Eric yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Prosper Nkomezi yarushinze n’umugore we Nkurunziza Retina bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo.
Umunyamakuru, Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya DC Clement mu ruganda rw'imyidagaduro mu Rwanda agiye kugezwa imbere y'urukiko aho akurikiranyweho ibyaha bitanu