Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.
Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.
Iperereza ryakorewe Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki Nyarwanda, ryagargaje ibindi byaha 7 akurikiranyweho n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB
Iradukunda Grace Divine wamamaye nka Dj Ira, yahishuye ko uburwayi bwa Se umubyara, Mbonimpa Juvénal, ari bwo bwatumye afata umwanzuro wo guhagarika gukora kuri Televiziyo Rwanda, aho yakoraga akazi ko kuvanga imiziki.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, ukurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho no kunywa ibiyobyabwenge
Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yerekanye ko yitegura kurushinga na Nishimwe Liliane bamaze igihe mu rukundo, utuye mu Bubiligi.
Umuhanzi ukomoka muri Kenya, Bien-Aimé Baraza, uzwi cyane nka Bien, na Abigail Chams ukomoka muri Tanzania bazasusurutsa abazitabira imikino ya BAL

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka