Imikino

Ikipe ya APR FC yatsinze Etincelles FC mu mukino ubanza wa 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro, yishyira mu mwanya mwiza wo gukatisha itike yo gukina umukino wa nyuma.
Louis Rwakiranya, yavuze ko ari ibintu bishimishije kubona Shampiyona Nyafurika y'Amakipe y'Abagabo ya Volleyball yakirwa mu Rwanda ashimangira ko ari ikimenyets cy’ubumwe, imiyoborere myiza n’iterambere
Kenrik Kabano w'imyaka 18, wari umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Abato ya Basketball, yitabye Imana aguye mu mpanuka yahitanye na nyina umubyara, Rosine Kabano
Rayon Sports yongeye gutakaza amanota igwa miswi na Rutsiro FC yongera kwemerera APR FC kwidagadura no guhumeka ituje.
Umunyarwandakazi Emeline Imanizabayo yegukana umudari wa Zahabu mu isiganwa mpuzamahanga rya Seven Hills Record Run ryabereye i Nijmegen mu Buholandi
Ikipe ya APR FC ikomeje kwerekana ko imikino yo mu Ntara iyigora muri uyu mwaka w'imikino, nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego bibiri kuri kimwe.
Ikipe ya AS Kigali FC yatsinze Marines FC ihita iva mu gikundi cy’amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryemereye umutoza Haringingo Francis Christian gutoza Rayon Sports FC mu buryo bwemewe n’amategeko, aho agiye kurwana urugamba rwo gukuramo ikinyuranyo cy'amanota 9 arushwa n'uwo bahanganiye igikombe