Umunyarwenya uri mu bagezweho mu Rwanda Elysée Ndimurukundo wamenyekanye nka Pirate yamaze kwiyandikishaho (Kwishyiraho “tatoo) ya Bruce Melodie mu rwego rwo gushimangira urukundo akunda uyu muhanzi.
APR FC yatangiye itsinda Marine FC ibitego 4-2 naho Al Hilal SC itsinda Kigali FC ibitego 2-0 mu mikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2026.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yitwaye neza mu mukino wayo wa kabiri wo mu itsinda mu Gikombe cya Afurika, itsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) amaseti 3-1.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda irakina n’ikipe y’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D mu gikombe cya Afurika cya volleyball mu bagabo kiri kubera i Tunis muri Tunisia.
Gicumbi FC, Kiyovu Sports na Etincelles FC zitwaye neza mu mikino yabimburiye indi y’umunsi wa 3 wa Shampiyon y’u Rwanda, BK Pro League yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Nzeri 2026, yose yatangiye saa 15:00.
Ikipe ya Gisagara VC yamaze gusinyisha umunya-Sudani y’Epfo ukina yatakira inyuma (Opposite hitter) James Achuil avuye mu ikipe ya East African University Rwanda (EAUR).
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda iratangira imikino y’igikombe cya Afurika cya Volleyball mu bagabo kiri kubera i Tunis muri Tunisia ikina n’iya Repubulika ya Santarafurika saa yine z’ijoro ku isaha y’i Kigali (22h00), kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Nzeri 2026.
Ikipe ya Police ya volleyball y’abagore yatangaje ko yasinyishije Bidza Ekani Lucie Carole ukina yatakira inyuma (Opposite hitter) avuye mu ikipe ya Litto Team Volleyball y’iwabo muri Cameroon.
Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!