Imikino

Umutoza Haringingo Francis Christian uherutse gutangazwa nk’umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports, ari mu mayira abiri nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports imureze kutubahiriza amasezerano bafitanye.
Ikipe ya Kiyovu Sports yareze umutoza Haringingo Francis wari usanzwe ayitoza, mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, imushinja kutubahiriza amasezerano
Ikipe ya RSSB Tigers ihagarariye u Rwanda yatsinze Johannesburg Giants yo muri Afurika y’Epfo, amanota 102 kuri 89, mu mukino wa Gatatu wa BAL muri Conference ya Kalahari.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yavuze ko nyuma y’imikino ya FIFA Series yaberaga i Kigali yasize u Rwanda ruyitwayemo neza hari abandi bakunnyi bashya bazahamagarwa bakiyongera ku bandi bahamagawe bwa mbere mu Mavubi.
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Yolande Makolo, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona itike yo kwitabira Igikombe cy’Isi cya 2026
Ishyirahamwe ry’Abakiniye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ (FAPA) ryagaraje ko ryababajwe cyane ni byabaye ku bakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi, Djihad Bizimana na Manzi Thierry aho bangiwe kujyana n’abana babo mu kibuga kwishimana.
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze Amagaju FC ikomeza kwicara ku mwanya wa mbere idatewe icyugazi n'indi kipe iyo ariyo yose.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye u Rwanda uburyo rwakiriye neza imikino ya FIFA Series 2026.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda "Amavubi" yatsinze Estonia ibitego 2-0, yegukana Igikombe cy'imikimo Mpuzamahanga ya gicuti ya FIFASeries mu Itsinda A.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka