Guillaume NIYONKURU

Camille Ndikumana

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umunsi w'Igikundiro 'Rayon Day' waruteganyijwe kubera muri Sitade Amahoro wimuriwe muri Kigali Pele Stadium gusa umunsi uzaberaho wo wakomeje kuba tariki 18 Nyakanga 2026.
Ingabo na Polisi by’u Rwanda bahaye abaturage bo mu turere twa Kirehe na Kayonza inka n’ihene muri gahunda y’ibikorwa by’izi nzego byo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yagaragaje ko urugendo rw’u Rwanda rwo kongera kubaka Igihugu no kugiteza imbere nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi rwashingiye ku miyoborere myiza n’icyerekezo cyatanzwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa MINUSCA, bahawe imidali y’ishimwe ya Loni mu rwego rwo kubashimira ubwitange, ubunyamwuga n’uruhare bagize mu guteza imbere amahoro n’umutekano muri icyo gihugu
Kuri uyu wa Kabiri abakozi b' Urwego rushinzwe ubwisungane mu kwivuza mu Nzego z'umutekano (MMI) bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zishyinguye mu Rwibutso rwa Jenoside  rwa Mugina ruherereye mu Karere ka Kamonyi, mu gikorwa cyo kwibuka.
Kuri uyu wa Kabiri,Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n'Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Kuri uyu wa Gatandatu ubwo yifatanyaga n'itorero Presbyterienne mu Rwanda (EPR) n'abaturage b'akarere ka Karongi mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi,Minisitiri w'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu Dr. Bizimana yagaragaje uruhare rw'abanyamadini muri Jenoside ,abasaba kwigira ku mateka.
Mu Karere ka Nyamagabe hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w'ingo mbonezamikurire z'abana bato (ECD) hashimwa uruhare rwazo mu mu kugabanya igwingira mu bana bato
Umuyobozi mukuru w'urubuga ngishwanama rw'inararibonye mu Rwanda Tito Rutaremara asaba abanyamadini kutavanga Imana na Jenoside yakorewe Abatutsi,kuko nta mana yayihagaritse ahubwo Jenoside yakozwe n’abantu,ikorerwa abantu kandi inahagarikwa n’abantu.
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse anashyira indabo ku kimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside kiri ku nyubako y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.