Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu 2025, abantu 3,227 barumwe n’imbwa hirya no hino mu gihugu. Ni mu gihe bane bishwe n'ibisazi by'imbwa .
U Rwanda na Kenya binyuze mu rwego rushinzwe ibyambu rwa Kenya ruzwi nka Kenya Ports Authority, byasinyanye amasezerano yubufatanye mu gukemura ibibazo biba hagati mu bucuruzi bwambukiranya imipaka.
Abasiganwa ku magare bo mu ikipe ya Team Rwanda bagiye guhagararira Igihugu mu irushanwa mpuzamahanga ry’imikino y’amagare ryo muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu, Sharjah Tour 2026
Ikipe ya El Merriekh SC Bentiu yo muri Sudani y’Epfo yasinyishije abakinnyi barimo Serumogo Ali Omar utandukanye na Rayon Sports na Shaban Hussein Tshabalala wakiniraga Musanze FC
Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!