November 21, 2024

Kabila yageze i Goma nyuma y’igihe mu buhungiro

Perezida Kagame na El-Sisi wa Misiri baganiriye ku bibazo byazonze DRC

Iteye amabengeza: Rond-point yo kuri KCC igeze kure ivugururwa (Amafoto)

Nyarugenge: Impanuka ya Ritco yahitanye babiri

Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.
RwandAir yatangije ingendo zo mu kirere z’ubwikorezi bw’imizigo, mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe. Ni itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X rw’iyi Sosiyeti y’Ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir), rivuga ko yatangije ingendo z’ubwikorezi bw’imizigo mu cyerekezo cya munani kijya mu murwa mukuru wa Harare.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka