March 13, 2025

Kenny Sol yasezeye muri label ya 1:55 AM

Doctall Kingsley uzwi nka ‘Ntakirutimana’ agiye kongera gutaramira i Kigali

U Rwanda n’u Busuwisi mu biganiro byo gukomeza ubufatanye mu bikorwa by’iterambere

Abagera ku 105 bari baracurujwe mu bihugu byo hanze bagaruwe mu Rwanda

Umuryango w'Ubukungu n'Iterambere ry'Ibihugu bya Afurika y'Amajyepfo, SADC, wafashe umwanzuro w’uko ingabo za SAMIDRC zisoza ubutumwa bw'amahoro zimazemo imyaka hafi ibiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ubuyobozi bwa Rwanda Energy Group bwiseguye ku Bafatanyabuguzi bayo kubera ibibazo by'ibura ry'umuriro w'amashanyarazi bimaze iminsi bigaragara, byaturutse ku bujura bwakorewe ibikoresho remezo by'amashanyarazi mu bice bihuza u Rwanda n'ibihugu by'abaturanyi.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka