Amakuru

U Rwanda na Amerika mu biganiro by’ubufatanye mu by’ubukungu

RCA igiye gufungura Kaminuza

Minisitiri Prévot yavuze ko agatotsi mu mubano w’u Rwanda n’Ububiligi ntaho gahuriye n’ibihe by’ubukoloni

Abayobozi batatu ba RMB batawe muri yombi bakurikiranyweho ruswa

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) basinye amahame yitezweho kugarura amahoro arambye, ku bufatanye na Leta zunze Ubumwe z'Amerika. Ni igikorwa cyabereye i Washington, D.C kuri uyu wa 25 Mata 2025.
Kuri uyu wa 23 Mata 2025, Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu abagabo bane (4) mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu, Akagali ka Buhaza, Umudugudu wa Murambi, bafashwe bafite amadorali y'Amerika y’amahimbano ibihumbi bine (4000$) n’ibikoresho bifashishaga mu kuyakora.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka