Depite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Wilson, yagaragaje ko Abanyamulenge bafite impamvu zifatika zo kugaragaza impungenge ku mutekano mucye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’imyigaragambyo yabereye i Washington ku wa 20 Mata 2026.