Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Irere Claudette yagaragaje uburezi bwa Kaminuza nk’inkingi y’iterambere n’ubumwe bw’Akarere

Minisitiri Dr.Utumatwishima yibukije urubyiruko ko Igihugu cyabohowe n’abari mu myaka nk’iyabo

Abanyarwanda baba USA bahuriye mu nama yiga ku kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu 

Nyanza: Abagabo babiri barakekwaho kwica umugore wavugwagaho gukora uburaya

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) mu nyandiko ndende yashyize hanze isubiza ibyatangajwe n’umuryango Human Rights Watch, yongeye kwikoma u Rwanda irushinja guteza imidugararo no gufata bugwate abaturage.
Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 18 Mutarama 2026, AFC/M23 ikimara kuva mu mujyi wa Uvira, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo nibo babanje kuwinjiramo, nyuma yaho kandi  ku mugoroba wo kuri uwo munsi hakurikiyeho kwinjira kw’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC).
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yemeje ku mugaragaro ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, ari imbere muri iki gihugu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, mu kiganiro yagiranye na Fox News, yashimangiye ko yashoboye gushyira iherezo ku ntambara zitandukanye zo hirya no hino ku isi, zirimo n’iyo avuga ko yari imaze hafi imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko gutwerera ibihugu by’amahanga ibibazo by’umutekano mucye mu gihugu ari amayeri agamije guhisha kunanirwa kwa Leta ya Tshisekedi mu gukemura ibibazo by’abanye-Congo.
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashinje Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (RDC) guhitamo inzira y’intambara mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu, rinenga ubutegetsi ko butubahiriza amasezerano bwiyemeje mu biganiro by’amahoro bya Doha kubuhuza bwa Leta ya Qatar.
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazongera gukora ikosa ryo kwemera ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) zisubira mu bice ryavuyemo, nk’uko byari byasabwe n’abategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika.
Umuyobozi w’umujyi wa Kindu, mu ntara ya Maniema muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Augustin Atibu Mulamba, yafashe icyemezo cyo kubuza burundu kwambara, kugurisha, gutunga no gukwirakwiza imyambaro cyangwa ibirango byose byanditseho ijambo “Visit Rwanda” ku butaka bw’uyu mujyi.
Entebbe muri Uganda habereye inama idasanzwe y’abayobozi bakuru b’ibihugu byo mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2025

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka