U Rwanda rwemeye guha inzira ingabo z’umuryango wa SADC ziri mu mugi Goma mu burasizuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo.
Kuva umutwe wa M23 wafata umugi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere izi ngabo zari mu butumwa bwa SAMIDRC zabuze inzira izihavana ngo zitahe mu bihugu byabo.
Izi ngabo zituruka mu bihugu 3 Afrika y’Epfo, Tanzaniya na Malawi zikaba zari zikambitse mu bigo bya Mubambiro no mu kibuga cy’indege cya Goma.
AFC/M23 iheruka gusaba izi ngabo za SADC ziri Goma kuhava zigataha, nyuma yo kuzishinja kugira uruhare mu bitero bagabweho i Goma ku wa 11/04/2025.
Nyamara izi ngabo zashijwe kugira uruhare muri ibyo bitero mu gihe umuryango zibarizwamo wa SADC wari wamaze gusesa ubutumwa zarimo.
https://googleads.g.doubleclick.net/pagead/ads?gdpr=0&client=ca-pub-6869073986813867&output=html&h=280&adk=144910138&adf=843667551&pi=t.aa~a.2067693828~i.14~rp.4&w=750&abgtt=7&fwrn=4&fwrnh=100&lmt=1745049118&num_ads=1&rafmt=1&armr=3&sem=mc&pwprc=2104191368&ad_type=text_image&format=750×280&url=https%3A%2F%2Fminembwe.com%2Fubusabe-bwingabo-za-sadc-u-rwanda-rwabwemeye-hamenyekana-nimpamvu-intwaro-zabo-zizafatirwa%2F&host=ca-host-pub-2644536267352236&fwr=0&pra=3&rh=188&rw=750&rpe=1&resp_fmts=3&wgl=1&fa=27&uach=WyJXaW5kb3dzIiwiMTAuMC4wIiwieDg2IiwiIiwiMTM1LjAuNzA0OS45NiIsbnVsbCwwLG51bGwsIjY0IixbWyJHb29nbGUgQ2hyb21lIiwiMTM1LjAuNzA0OS45NiJdLFsiTm90LUEuQnJhbmQiLCI4LjAuMC4wIl0sWyJDaHJvbWl1bSIsIjEzNS4wLjcwNDkuOTYiXV0sMF0.&dt=1745049116654&bpp=3&bdt=3054&idt=3&shv=r20250417&mjsv=m202504150101&ptt=9&saldr=aa&abxe=1&cookie=ID%3D26d45e9767206349%3AT%3D1745045980%3ART%3D1745048987%3AS%3DALNI_MaPcv54_s3XoiuAsTJ7dBXJVL1wjw&gpic=UID%3D00001093d9e87b8f%3AT%3D1745045980%3ART%3D1745048987%3AS%3DALNI_MYWjo3h_OY6RcuDhbxKIMnwo1nM4Q&eo_id_str=ID%3D342da2b6c22b1c7b%3AT%3D1745045980%3ART%3D1745048987%3AS%3DAA-AfjaH7qz-VXnXqgl9nBS-cJTV&prev_fmts=0x0%2C1140x280%2C750x280&nras=4&correlator=4531604250619&frm=20&pv=1&u_tz=120&u_his=1&u_h=768&u_w=1366&u_ah=728&u_aw=1366&u_cd=24&u_sd=1&dmc=4&adx=106&ady=2115&biw=1351&bih=641&scr_x=0&scr_y=0&eid=95357427%2C95355973%2C95355975%2C95353387%2C95357461%2C95357877%2C95356797%2C95357715&oid=2&psts=AOrYGsmy3WnXxO5YvvibdjG0BeF9v59d4NAEE8m5mMdxe3mhlECLp0LHGK_kc639PaXAvFoF5X-kl0b-zoCuJ026cRWqLAo&pvsid=1609256912484630&tmod=1963462642&uas=0&nvt=1&ref=https%3A%2F%2Fminembwe.com%2F&fc=1408&brdim=0%2C0%2C0%2C0%2C1366%2C0%2C1366%2C728%2C1366%2C641&vis=1&rsz=%7C%7Cs%7C&abl=NS&fu=128&bc=31&bz=1&td=1&tdf=2&psd=W251bGwsbnVsbCxudWxsLDNd&nt=1&pgls=CAEaAzYuOA..~CAEQBBoHMS4xNTAuMA..~CAEQBRoGMy4yOC4z&ifi=4&uci=a!4&btvi=2&fsb=1&dtd=1459 Mu gihe ibyo gutaha kwizi ngabo hifashijwe inzira y’ikirere ko bigoranye kubera ikibuga cy’indege cya Goma zakwifashishije cyangiritse, byitezwe ko zigomba guca ku butaka bw’u Rwanda zitaha.
Ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reutersdukesha iyi nkuru byavuze ko byahawe amakuru ko u Rwanda rwari rumaze iminsi ruganira na SADC kandi ko u Rwanda rwayemereye guha abasirikare bayo inzira.
Reuters kandi yanatangaje ko yahawe amakuru ko ziriya ngabo intwaro zabo zizafatirwa ku bw’impamvu z’umutekano, ariko zamara kugera ku butaka bw’ibihugu byazo zikazisubizwa.