Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com. Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Perezida Kagame yavuze ku bamushinja kudasenga kandi yaravukiye mu muryango w’abakirisitu

Perezida Kagame yashimangiye ko aho kurebera FDLR, u Rwanda rwayirwanya rugafatirwa ibihano

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya 12

Anita Pendo na Dj Bisosso bagiye kongera gususurutsa abakunzi babo mu kiganiro ‘Friday Airline Live Show’

Guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2026, Umunyamakurukazi Anita Pendo ndetse n’umuhanga mu kuvanga imiziki Dj Bissoso, baraza kongera gufatanya mu kiganiro gishya cyiswe, Friday Airline Live Show gitambuka kuri BTN TV.
Umuhanzikazi Bwiza kuri ubu urikubarizwa i Stockholm muri Suède aho azataramira ku wa Gatandatu, yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède  agirana ibiganiro na Dr. Diane Gashumba , Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède
Umunyamakurukazi, Aime Beaute Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, Nyamaswa Francis.
Iyo bigeze ku wa Gatanu, umubiri urabimenya, maze ugatangira kumva ibinezaneza muri wowe kuko uba ugiye kwinjira mu minsi ya wikendi ahanini usanga itarimo ya mihangayiko na shuguri uhoramo mu minsi isanzwe y’icyumweru.
Rayon Sports yanyagiye itababariye City Boys ikina mu cyiciro cya Kabiri, ibitego 9-0, mu mukino wo kwishyura wa 1/8 mu gikombe cy’Amahoro .
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda, FRVB, n'uw'Impuzamashyirahamwe ry’uyu mukino muri Afurika, basinye amasezerano yemerera u Rwanda kwakira Irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bagabo mu bihugu byayo muri Afurika, CAVB Men’s Club Championship
Umuhanzikazi Bwiza ukubutse mu bitaramo bya Tour du Rwanda Festival, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm muri Suède aho azataramira mu gitaramo gitangiza uruhererekane rw’ibitaramo ateganya gukorera hirya no hino ku Isi, amenyekanisha Album ye ya Kabiri aheruka gusohora yise “Home.”
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, Bouchra Hajij, waje mu Rwanda mu gikorwa cyo gusinya amasezerano yemerera igihugu kwakira Irushanwa rya CAVB Men’s Club Championship
Uwase Muyango Claudine, ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse wamenyekanye cyane mu kazi ko kuyobora ibirori 'guhostinga' yasubije umunyamakuru KNC wavuze ko aka kazi bakora ari uburaya

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka