Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.
Umuhanzi w’injyana gakondo y’umuziki Nyarwanda, Jules Sentore yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro Album ye aheruka gushyira hanze yise ‘Umudende’.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly ari mu byishimo byinshi nyuma y’uko inzu ye y’umuturirwa iherereye Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali yuzuye.
Ikipe ya APR FC yatsinze Etincelles FC mu mukino ubanza wa 1/2 cy'Igikombe cy'Amahoro, yishyira mu mwanya mwiza wo gukatisha itike yo gukina umukino wa nyuma.
Filime ‘Hurts Harder’ iri mu zakunzwe cyane muri Sinema Nyarwanda muri 2025, igiye gukorerwa igice (season) ya gatatu, ku busabe bwinshi bw'abayirebye bakayikunda
Umuhanzikazi Marina Deborah yahaye gasopo  Badrama, ukomeje kwifashisha izina rye mu mafuti ye yo guharabika u Rwanda n’abayobozi barwo.
Rayon Sports yongeye gutakaza amanota igwa miswi na Rutsiro FC yongera kwemerera APR FC kwidagadura no guhumeka ituje.
Ikipe ya APR FC ikomeje kwerekana ko imikino yo mu Ntara iyigora muri uyu mwaka w'imikino, nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego bibiri kuri kimwe.
Ikipe ya AS Kigali FC yatsinze Marines FC ihita iva mu gikundi cy’amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri.
Umuhanga mu kuvanga imiziki, DJ Iraa, yahishuye ko akomeje guterwa ubwoba no gutukwa na bamwe mu Barundi batigeze bishimira icyemezo yafashe cyo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda akabuhabwa.