
Jean Pierre Mazimpaka ni Umuyobozi Mukuru w’Umunota.com. Ni umunyamakuru w’inararibonye umaze imyaka irenga 13 mu itangazamakuru, haba mu Rwanda no mu mahanga. Yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho muri Kaminuza y’u Rwanda. Ubu ni Umwanditsi Mukuru w’Umunota, akaba afite ubumenyi bwimbitse kuri politiki, n’ubukungu bw’u Rwanda, kandi afite ubushishozi mu gutegura no kuyobora itangazamakuru rifite ireme kandi ryihuta. Icyiyongera kuri ibyo, ni inzobere mu gufata no gutunganya amafoto na videwo.