Ibyihariye

Minisitiri w’Intebe yaganiriye na Visi Perezida wa IFC kuri gahunda y’ubufatanye bwa Banki y’Isi n’u Rwanda

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Chelsea

MINEMA yagiriye abantu inama yo kuyobora amazi mu guhangana n’ibiza biterwa n’imvura

Perezida Kagame yifurije Abagore Umunsi mwiza abashimira uruhare rwabo mu Iterambere ry’Igihugu

Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda nyuma gusuzuma ikibazo cy’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi ivuga ku Rwanda, isaba ko ingabire Victoire afungurwa, yanzuye ko leta y’u Rwanda yigenga, ifite ubusugire ,demokarasi  kandi igendera ku mategeko .
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yavuze ko kuba u Rwanda rwaratoranyijwe ku mugabane wa Afurika ngo rwakire shampiyona y’isi y’amagare ari uko ari igihugu gihora kiteguye kwakira neza amarushanwa atandukanye.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Lt Gen Innocent Kabandana, yagarutse ku bihe byamuranze , ashima umurava we n’ishyaka mu kazi ke haba mu gihugu no mu butumwa bw’akazi mu muhanga.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Bubiligi, Maxime Prévot, arateganya kuza mu Rwanda mu mpera z’Ugushyingo 2025.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yabwiye abagize Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite ko hakwiye amavugurura ku itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda kugira ngo rihuzwe n’igihe kigezweho.
Ikigo  cya Polisi cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (Counterterrorism Training Center-CTTC) cya Mayange,kimaze kugira uruhare rukomeye mu gufasha abapolisi b’u Rwanda kurwanya iterabwoba muri Mozambique nkuko abahuguwe babitangaza.
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, aragirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rw’iminsi ibiri , rugamije kwagura umubano n'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi.
Amabasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yatangariye ubwiza bw’u Rwanda by’umwihariko ubwa Pariki y’Akagera.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame , akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yongeye kwibutsa ko u Rwanda nta ruhare na ruto rugira ku bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François Xavier yashimye umusanzu w’Itorero Angilikani n’uruhare mu guhindura imibereho y’Abanyarwanda mu myaka 100 rimaze mu Rwanda, asaba  amadini ubufatanye mu gushishikariza abayoboke kwitabira ibikorwa bibateza imbere,bakumira ibyabayobya.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka