sangiza abandi

Minisitiri w’Intebe azahagararira Perezida Kagame mu nama ya EAC

sangiza abandi

Minisitiri w’Intebe , Dr. Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, izaba ku wa 7 Werurwe 2026.

Akigera ku kibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Kilimanjaro, cyo muri Tanzania, yakiriwe na Minisitiri wungirije w’Ubucuruzi n’Inganda , Dennis L. Londo , ari kumwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Amb. Gen.(Rtd) Patrick Nyamvumba.

Biteganyijwe ko muri iyi nama, bazaganira ingingo zitandukanye zirimo no gusuzuma amasezerano ya Nairobi , yo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo .

Mu bindi bizarebwa harimo ibijyanye no kurebera hamwe raporo y’uburyo ibihugu bitanga umusanzu muri uyu muryango wa EAC , kuvanaho ibikidindiza ubucuruzi n’ubuhahirane ku bagize uyu muryango harimo ibijyanye no gusoreshwa kabiri n’ibindi.

Hazashyirwaho kandi umuyobozi mushya uzayobora uyu muryango asimbuye Perezida wa Kenya Wiliam Ruto.

Hazashyirwaho kandi Umunyamabanga Mukuru Mushya wa EAC n’abamwungirije, abacamanza mu rukiko rwa EALA n’ibindi birimo gushyiraho gasutamo imwe mu Karere .

Abakuru b’ibihugu kandi bazashyikiriza igihembo umunyeshuri w’umunyarwandakazi, Atete Kagorora wiga FAWE Girls’ School, wahize abandi mu karere mu irushanwa ryo kwandika

Photos:

Photos: PRIMATURE

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

[fluentform id="3"]

Amakuru Aheruka