Mazimpaka

Mazimpaka

Jean Pierre Mazimpaka ni Umuyobozi Mukuru w’Umunota.com. Ni umunyamakuru w’inararibonye umaze imyaka irenga 13 mu itangazamakuru, haba mu Rwanda no mu mahanga. Yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho muri Kaminuza y’u Rwanda. Ubu ni Umwanditsi Mukuru w’Umunota, akaba afite ubumenyi bwimbitse kuri politiki, n’ubukungu bw’u Rwanda, kandi afite ubushishozi mu gutegura no kuyobora itangazamakuru rifite ireme kandi ryihuta. Icyiyongera kuri ibyo, ni inzobere mu gufata no gutunganya amafoto na videwo.

Perezida Kagame yashimiye Sassou Nguesso wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika ya Congo

Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Harvard na Tufts basuye u Rwanda

Ubujura bw’ikoranabuhanga mu bigo by’imari bwagabanutse 40% mu myaka 2

Nyanza: Abagabo 3 baregwa kwica abandi 2 babashinja ubujura, buri wese yakatiwe imyaka 25

Kuri uyu wa kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Musheri haburanishijwe mu ruhame urubanza ruregwamo kaporali Simon Maniragena ushinjwa kwica umugore we biturutse ku bushake mu kwezi kwa munani umwaka ushize wa 2025. Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamusabiye igihano cy'igifungo cya burundu.
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, uri mu ruzinduko rw'akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika yayoboye umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye gukorerwa umushinga wa Ramba Hills, ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 80 z’amadolari ya Amerika rizubakwa i Kigali
Mu mabwiriza agenga igihembwe cy'ihinga cy'umuhindo cya 2026A n'igihembwe cya 2026B, yashyizwe hanze na Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, Leta y'u Rwanda yongereye 'Nkunganire' igenera abahinzi ku ifumbire mvaruganda n’imbuto nziza mu gihembwe cy’ihinga cya 206A na 2026B.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka