sangiza abandi

Minisitiri w’intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriwe na perezida Faustin-Archange Touadéra I Bangui

sangiza abandi

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva, yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida wa Repubulika ya Centrafurika, Faustin-Archange Touadéra, wabereye i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu.

Dr. Nsengiyumva muri uyu muhango yari ahagarariye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, mu rwego rwo gukomeza umubano mwiza usanzwe hagati y’ibihugu byombi.
Ibiro bya minisitiri w’intebe byatangaje ko nyuma y’uyu muhango,minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriwe na Perezida Touadéra mu ngoro y’umukuru w’igihugu.

Photos:

Photos:

[fluentform id="3"]