sangiza abandi

Kitoko yapfushije Se

sangiza abandi

Umuhanzi Kitoko Bibarwa ari mu kababaro ku kubura umubyeyi we (Se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026.

Uyu mubyeyi yari amaze iminsi arwariye mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal, aho Kitoko yari amurwarije kugeza yitabye Imana. 

Kitoko wari usanzwe atuye mu Bwongereza yagarutsa kongera gutura mu Rwanda mu Ugushyingo 2025, gusa yari amaze iminsi ari kwita kuri uyu mubyeyi wari ufite uburwayi.

Kitoko yakunzwe ndetse amenyakana cyane mu ndirimbo nka Rurabo, Ikiragi, Agakecuru, Mama, Thank You Kagame, Sibyo yakoranye na Meddy, ndetse n’izindi zakunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda.

Kitoko yagize ibyago byo gupfusha Se

Photos:

[fluentform id="3"]