Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umukinnyikazi wa Filime akaba n’umwandizi wazo, Nyambo Jesca yatangaje ko agiye gushyira hanze filime ye nshya yise “ Mwenedata”
Abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagize itsinda rya Ben na Chance, bararikiye abakunzi babo kuzitabira ku bwinshi igitaramo cya Pasika bazakorera mu nyubako y'imyidagaduro ya BK Arena
As Kigali yaguye miswi n'ikipe ya Etincelles FC, ikomeza kwishyiraho igitutu cyo gukubana n'amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri
Rayon Sports yanganyije na Musanze FC mu mukino w'umunsi wa 22 wa shampiyona, Rwanda Premier League, maze ihita yinjira mu makipe ane ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa yaraye ataramiye anaganiriza abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026.
Austin  Luwano wamamaye nka Uncle Autsin mu itangazamakuru ndetse n’umuziki Nyarwanda, yatangaje ko yasezeye  ku gukora itangazamakuru rya Radio yari amaze imyaka 26 akora ahishura ko ari ibintu yakunze kuva mu mabyiruka ye.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi  yishimiye  guhura na Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel Gatera James aho yaboneyeho gutangaza ko bagiranye ibiganiro byiza.
Kimenyi Yves wakiniye amakipe arimo APR FC na Rayon Sports ndetse n'Ikipe y'Igihugu y'Amavubi, yatangaje ko yasezeye gukina ruhago nk'uwabigize umwuga