Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Iyo bigeze ku wa Gatanu, umubiri urabimenya, maze ugatangira kumva ibinezaneza muri wowe kuko uba ugiye kwinjira mu minsi ya wikendi ahanini usanga itarimo ya mihangayiko na shuguri uhoramo mu minsi isanzwe y’icyumweru.
Rayon Sports yanyagiye itababariye City Boys ikina mu cyiciro cya Kabiri, ibitego 9-0, mu mukino wo kwishyura wa 1/8 mu gikombe cy’Amahoro .
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda, FRVB, n'uw'Impuzamashyirahamwe ry’uyu mukino muri Afurika, basinye amasezerano yemerera u Rwanda kwakira Irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bagabo mu bihugu byayo muri Afurika, CAVB Men’s Club Championship
Umuhanzikazi Bwiza ukubutse mu bitaramo bya Tour du Rwanda Festival, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm muri Suède aho azataramira mu gitaramo gitangiza uruhererekane rw’ibitaramo ateganya gukorera hirya no hino ku Isi, amenyekanisha Album ye ya Kabiri aheruka gusohora yise “Home.”
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, Bouchra Hajij, waje mu Rwanda mu gikorwa cyo gusinya amasezerano yemerera igihugu kwakira Irushanwa rya CAVB Men’s Club Championship
Uwase Muyango Claudine, ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse wamenyekanye cyane mu kazi ko kuyobora ibirori 'guhostinga' yasubije umunyamakuru KNC wavuze ko aka kazi bakora ari uburaya
Ikipe ya Al Hilal  SC Omdurman  yanyagiye ikipe ya Gicumbi FC ibitego bitanu ku busa mu mukino w’umunsi wa 23 wa Rwanda Premier League wabereye muri Stade Amahoro, yongera gushimangira umwanya wa mbere imaze iminsi.
Umuhanzi Maniraruta Martin wamamaye mu muziki nka Mani Martin yishimiye gusura Ingoro y’Amahoro iherereye i Hiroshima mu Buyapani, avuga ko yahigiye byinshi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 Werurwe 2026, bakubitira ndetse bakurura umukobwa mu muhanda.