IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko imiryango 47 igizwe n'abaturage 74 b'impunzi z'Abarundi batashye ku bushake mu gihugu cyabo.
U Rwanda rwakiriye imiryango 64 igizwe n'Abanyarwanda basaga 200 batashye ku bushake bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Banki Nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya basinyanye amasezerano y’ubufatanye (MoU) agamije gushyiraho uburyo bwo gusangira impushya (License Passporting Framework) ku batanga serivisi zo kwishyurana (Payment Service Providers PSPs).
Perezida Kagame Paul uri i Paris mu Bufaransa, yakurikiye umukino wa UEFA Champions League wahuje Paris Saint-Germain na Chelsea FC ku mugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026.
Polisi y' u Rwanda ikorera mu Ntara y'Iburengerazuba yishe irashe umugabo ugenda imbere y'abakora ubucuruzi bwa magendu, nyuma yo kurwanya abashinzwe umutekano agakomeretsa umupolisi.
Ibiro bishinzwe abinjira n'abasohoka muri Zambia byafashe abantu 58 bakekwaho kuba ari abimukira bahaba mu buryo butemewe, barimo abanyarwanda batanu.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka za Mozambique, Maj Gen André Rafael Mahunguane yashimye imbaraga zikomeje gushyirwa hamwe n’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba.
Itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda mu Rwanda ryemeje ko umuntu utwara ikinyabiziga yarengeje igipimo ntarengwa cya arukoro mu maraso aba akoze icyaha
U Rwanda ruzakira amarushanwa 4 muri 6 ateganyijwe mu ngengabihe y’ibikorwa bya CECAFA mu mwaka wa 2026.
Mu rwego rwo kuvugurura no kubaka mu buryo buhamye ikipe y'igihugu Amavubi, ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA, rikomeje intambwe y'ibiganiro n'abakinnyi bari hirya no hino cyane cyane ku mugabane w'uburayi bafite inkomoko mu Rwanda ngo harebwe niba bakinira Amavubi.