Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Ibiciro ku masoko byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Abashoramari 200 baturutse mu Burayi bateraniye mu Rwanda kureba aho bashora imari

Meteo Rwanda yateguje Abaturarwanda imvura nyinshi ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ni urwenya ruvanze n’amashimwe y’ibyo Imana yakoze!  Ben na Chance  batumiwe muri Gen Z Comedy Show

Ihuriro ry’amashyaka rya FCC (Front Commun pour le Congo) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ritewe impungenge n’umwuka mubi wa Politiki uri muri iki gihugu n'uburyo Joseph Kabila yatangiye kuburanishwa bidaciye mu mucyo
Ubuyobozi bwa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umujyi wa Goma ugiye kugabanywamo Komine enye
Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba(EAC) nuw’Afurika y’Amajyepfo (SADC), bahuriye mu nama y’abahuza bashyizweho mu gushaka igisubizo kirambye ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
AFC/M23 igiye gushyiraho inzego nshya z’ubutabera mu bice yigaruriye birimo Intara za Kivu zombi, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Congo, ikwiye kugaragaza ubushake bwo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka