Minisitiri w’Intebe , Dr. Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bo mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba, izaba ku wa 7 Werurwe 2026.
Mu gitabo “Economics at the Cross” cyangwa se ‘Ubutunzi ku musaraba’ harimo ibisobanuro bigaragaza itandukaniro rikomeye hagati ya sisiteme y’Ubukungu bw’Isi na sisiteme y’Ubukungu bw’Ubwami bw’Imana.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga