Amakuru

Perezida Kagame yavuze ku bamushinja kudasenga kandi yaravukiye mu muryango w’abakirisitu

Perezida Kagame yashimangiye ko aho kurebera FDLR, u Rwanda rwayirwanya rugafatirwa ibihano

BRALIRWA Plc na FERWABA basinye amasezerano afite agaciro ka miliyoni 700 Frw

ICPAR yamuritse raporo yerekeye imicungire irambye y’ibidukikije mu rwego rw’imari

Abaturage batuye mu Karere ka Ngororero bakomeje kwibaza amaherezo y’uruganda rumaze imyaka irenga 13 rutaratangira gukora nyamara rwari rwitezweho impinduka zishingiye ku iterambere ku batuye muri aka Karere muri rusange ariko by’umwihariko ku baruturiye.
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yamenyesheje Abanyarwanda bose bahaba nababa mu Bwami bwa Bahrain babuze uko bataha kubera umutekano muke uri mu Burasirazuba bwo hagati ko bakwiyandisha bagahabwa ubufasha.
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
Ingabo z’u Rwanda na Polisi ku bufatanye n’izindi nzego bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere.
Minisitiri w’Intebe , Dr. Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bo mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba, izaba ku wa 7 Werurwe 2026.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwafashe ingamba z’ubwirinzi kubera ko imitwe ikorera mu Burasirazuba bwa Congo irimo n’uwa FDLR , mu bihe bitandukanye yagerageje guhungabanya umutekano warwo.
Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe gukemura Amakimbirane (ICG), watangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igomba guhagarika ibikorwa by’imvugo z’urwango n’ibyibasira Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ibwirwa ko intambara itatanga igisubizo.
Mu gitabo “Economics at the Cross” cyangwa se ‘Ubutunzi ku musaraba’ harimo ibisobanuro bigaragaza itandukaniro rikomeye hagati ya sisiteme y’Ubukungu bw’Isi na sisiteme y’Ubukungu bw’Ubwami bw’Imana.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka