Camille Ndikumana

Theogene Nshimiyimana

Theogene NSHIMIYIMANA, ni umunyamakuru w'umunyarwanda ubimazemo imyaka icyenda. Azobereye mu gutara inkuru z'ubutabera n'izindi zivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru w'ikinyamakuru Umunota

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira Munyenyezi Béatrice igihano cy’igifungo cya burundu, busaba ko icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye kidahinduka.
Mu ijoro rya taliki ya 14 Mata 2026 nibwo umunyamategeko wari usanzwe ari umwanditsi w'urukiko rwisumbuye rwa Huye wasanzwe muri rigole yapfuye mu mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere Nyanza ari naho yari atuye.
Abayobozi batatu ba koperative icunga umutekano yitwa Umoja ni Nguvu, ikorera mu karere ka Nyanza, bajuririye icyemezo cy’urukiko cyabategetse gufungwa by’agateganyo iminsi 30, nyuma yo gukekwaho kunyereza umutungo no gukoresha inyandiko mpimbano.
Umuryango w'umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 urashimira minisitiri w'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu unamusaba ko yakwandika igitabo cy'amateka avuga kuri Gicanda abarimu bakajya bayigisha abanyeshuri bakayamenya.
Umwana wari wasizwe ku rugo na nyirakuru birakekwa ko yishwe ku manywa y'ihangu bikozwe n'abantu batahise bamenyekana.
Byabereye mu mudugudu wa Kigarama mu kagari ka Cyarwa mu murenge wa Tumba mu karere ka Huye mu ijoro ryo kuwa 17 Mata 2026 aho abagizi ba nabi basanze mu rugo uwitwa Aloys Karamira alias Gasongo bamusanze iwe mu rugo baramwica.
Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza woherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden nyuma yo gusaba urukiko ko dosiye yari mu rurimi rwo mu gihugu cya Sweden yashyirwa mu kinyarwanda bigakorwa, noneho ubu yasabye urukiko ko iyo dosiye itahabwa agaciro.
Uwari usanzwe ari umunyamategeko akaba umwanditsi w'urukiko rwisumbuye rwa Huye yasanzwe yapfuye urupfu rutunguranye.
Umubyeyi w'abana batatu wabaga iwabo mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza birakekwa ko yiyahuye.Byabereye mu karere ka Nyanza mu murenge wa Rwabicuma mu kagari ka Runga mu mudugudu Kigarama.
Mu gihe Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umunyarwanda Norbert Mbabazi w’imyaka 46 yahisemo kwibuka akora urugendo rurerure n'amaguru ari mu guha agaciro abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yibuka urugendo nabo bakoreshejwe.