Amakuru

‘Bisi ni nziza, ariko ikibazo dutuye nabi’ – Gahunda ya tuyoboke bisi mu mboni za Hakuzwumuremyi

Umushinga wa Sahara Residence mu nzira yo gutuza abanyakigali mu igorofa

Minisitiri Bizimana yagaragaje ko Gikongoro iza imbere mu harimbuwe imiryango myinshi muri Jenoside

Gicumbi: Minisitiri Habimana yasabye abaturage kurwanya burundu igwingira mu bana

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA cyatangaje ko amanota asoza icyiciro cy’Amashuri y’isumbuye cya 2023/2024 azashyirwa hanze muri uku Gushyingo.
Perezida Paul Kagame witabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt Africa yagaragaje uburyo kuba mu nkambi byatumye amenya ko ibibazo byose u Rwanda rwanyuzemo byaterwaga n’ubuyobozi bubi.
Col (Rtd) Richard Karasira wari uri ku buyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu; APR FC yamaze gukurwa ku buyobozi bw'iyi kipe.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka