Umuvugizi wa Guverinoma, Yollande Makolo, yatangaje ko isinywa ry'amasenzerano hagati y'u Rwanda na RDCongo, ari nzira nziza y'amahoro, iganisha ku kurangiza ibibazo by'umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo.
Perezida Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abadepite n’Abasenateri bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku bufatanye hagati y'u Rwanda n'igihugu cyabo
Perezida Kagame yageze i Washington, D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yitabiriye isinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gufata uduce dutandukanye muri teritwari za Uvira na Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo
DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yavuze ko ubufatanye bw’Umuryango w’Abibumbye na Polisi y’u Rwanda ari ingenzi mu gutuma u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere ku Isi mu kohereza abapolisi n’ingabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga