Ibidukikije

Abasenateri bagaragaje impungenge ku bwiyongere bw’abaturage bangirizwa n’inyamaswa ziva muri Pariki

Minisiteri y’Ibidukikije yasabwe ubusobanuro ku gihombo cya miliyari 1.32 Frw yatewe na SEAL

Abantu 135 bakekwaho ubujura bw’inyamaswa muri Pariki y’Akagera bafashwe mu 2025

Gucukura imisingi no kuzitira pariki byabereye igisubizo abaturage bonerwaga n’inyamanswa

Green Gicumbi, ni umwe mu mishinga minini u Rwanda rufite yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubaka ubukungu butangiza ibidukikije, aho mu myaka itandatu ugiye kumara, watwaye miliyari zisaga 32 Frw
Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Ndego, Sosiyete ProDev Kayonza niyo yatangiye guhinga igihingwa cya Turmeric cyifashishwa mu kuryoshya ibiryo cyangwa icyayi.
Guverinoma y’u Rwanda, ku bufatanye n'iya Singapore, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, batangiye kwakira ubusabe bw'abantu bafite imishinga y’indashyikirwa ijyanye no gushyira mu bikorwa amasezerano ibihugu byombi bifitanye, hibandwa ingingo ya gatandatu ku masezerano ya Paris ajyanye no kubungabunga ikirere .
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko kuva mu 2025, inzovu 43 zongerewe mu zakorewe ibarura ndetse imyirondoro yazo iramenyekanya
Minisiteri y’ibidukikije yashyizeho amabwiriza agena imiterere y’amafaranga yishyurwa kuri serivisi zitangwa mu isoko rya karuboni (Carbon) mu Rwanda
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yatangariye u Rwanda nyuma yo gutembera ibice bitandukabye by'igihugu birimo Huye,Nyanza, Bugesera,Rusizi, Rulindo na Musanze .
Ubuyobozi bwa Pariki y'Igihugu ya Nyungwe, butangaza ko amafaranga asaga miliyari 1.2 frw, yavuye mu bukerarugendo, azifashishwa mu gutera inkunga imishinga itandatu yo mu turere twegereye iyi pariki binyuze muri gahunda yo gusangira umusaruro wa pariki n'abayituriye.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bizatangira gukurikizwa mu mwaka wa 2026
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ko umushinga wa Biogaz yifashishwa mu guteka utatanze umusaruro nkuko byari biteganyijwe gusa ivuga ko hatangijwe  indi gahunda yo kongera kuwugerageza bityo bizeye ko uzatanga umusaruro.
Abayobozi mu nzego z’igihugu bakomeje kwitabira gusuzumisha ibinyabiziga byabo imyuka ihumanya ikirere, batanga urugero rwiza ku Banyarwanda mu kubakangurira gukoresha iyi serivisi hagamijwe kurengera ibidukikije

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka