Imyidagaduro

Anita Pendo na Dj Bisosso bagiye kongera gususurutsa abakunzi babo mu kiganiro ‘Friday Airline Live Show’

Bwiza yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède agirana ibiganiro na Amb. Dr. Diane Gashumba

Umunyamakuru Aime Beaute Mushashi yasezeranye mu mategeko

King James yashyize hanze indirimbo nshya y’urukundo yise “Ndi Uwawe”

Iyo bigeze ku wa Gatanu, umubiri urabimenya, maze ugatangira kumva ibinezaneza muri wowe kuko uba ugiye kwinjira mu minsi ya wikendi ahanini usanga itarimo ya mihangayiko na shuguri uhoramo mu minsi isanzwe y’icyumweru.
Umuhanzikazi Bwiza ukubutse mu bitaramo bya Tour du Rwanda Festival, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm muri Suède aho azataramira mu gitaramo gitangiza uruhererekane rw’ibitaramo ateganya gukorera hirya no hino ku Isi, amenyekanisha Album ye ya Kabiri aheruka gusohora yise “Home.”
Uwase Muyango Claudine, ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse wamenyekanye cyane mu kazi ko kuyobora ibirori 'guhostinga' yasubije umunyamakuru KNC wavuze ko aka kazi bakora ari uburaya
Umuhanzi Maniraruta Martin wamamaye mu muziki nka Mani Martin yishimiye gusura Ingoro y’Amahoro iherereye i Hiroshima mu Buyapani, avuga ko yahigiye byinshi
Umukinnyikazi wa Filime akaba n’umwandizi wazo, Nyambo Jesca yatangaje ko agiye gushyira hanze filime ye nshya yise “ Mwenedata”
Abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagize itsinda rya Ben na Chance, bararikiye abakunzi babo kuzitabira ku bwinshi igitaramo cya Pasika bazakorera mu nyubako y'imyidagaduro ya BK Arena
Rayon Sports yanganyije na Musanze FC mu mukino w'umunsi wa 22 wa shampiyona, Rwanda Premier League, maze ihita yinjira mu makipe ane ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona.
Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Uzabakiriho Cyprien wamenyekanye nka Djihad, ibyaha yaregwaga byo gusangiza amashusho y'urukozasoni y'umuhanzi Yampano, akatirwa imyaka itatu y'igifungo
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bwagaragaje ko hari icyuho mu bahanzi mu kubyaza amahirwe impano zabo kugirango zibinjirize ndetse n'igihugu muri rusange

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka