Inkuru Nshya

Menya byinshi ku Rukuta rwa Western Wall rw’i Yeruzalemu Minisitiri Nduhungirehe yasuye

Mu Rwanda abagore 8% bakorewe ihohoterwa mu gihe bari batwite 

Gen Karuretwa asanga kuba ingabo za RPA zitarihoreye nyuma y’urugamba ari icyemezo kidasanzwe

“Nta cyitwa ingeso mbi kigomba kuranga Intore”- Minisitiri Bizimana 

Abamotari batwara moto z’Amashanyarazi mu mujyi wa Kigali bishimira ko zihendutse kandi zitangiza ibidukikije, ariko basobanura ko hari ibigikeneye kunozwa birimo kongera amagaraje n’abakanishi bazo.
Aborozi bo mu Karere ka Kayonza, Gatsibo na Nyagatare bemerewe kuzajya bahira ubwatsi bw'amatungo yabo mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro, mu rwego rwo kongera umusaruro w’amata.  
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko umusirikare witwa St Minani Gervais, w’imyaka 39 yishe arashe abasivile batanu mu karere ka Nyamasheke, ndetse akaba yamaze gutabwa muri yombi.
Nkongwa idasanzwe, "Fall Armworm" ni icyonnyi cyibasira cyane ibigori, kigatera igihombo gikomeye abahinzi mu gihe kitarwanyijwe neza.Abahinzi, ni ngombwa ko basobanukirwa nkongwa idasanzwe, imiterera yayo n'uko bayirinda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka