Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Rayon Sports yari imaze iminsi myinshi iri mu bihe bigoye , yatsinze AS kigali 1-0 , yongera kugarura ikizere cyo guhatanira igikombe.
Umunyarwenya Iryamukuru Etienne wamamaye nka 5K Etienne byumwihariko mu rwenya rwa 'Bigombaguhinduka", yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Josiane bitegura kurushinga
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati asatira, Hakim Sahabo, yamaze kwerekanwa nkuymukinnyi mushya w’ikipe ya AEK Athens yo mu Bugereki ikina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri icyo gihugu.Ikipe ya  AEK Athens yifashishije imbuga nkoranyambaga zayo ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 02 Gashyantare 2026, basangije amafoto ya Hakim Sahabo abakunzi b’iyi kipe maze imuha ikaze mu muryango mugari w’iyi kipe.
Niyonshuti Ange Tricia umugore w’umuhanzi Tomclose yageneye ubutumwa ababyeyi b’uyu muhanzi abibutsa ko ari abagaciro gakomeye abizeza ko azita ku mwana wabo Tomclose byiteka.Ibi Tricia yabitangaje, ku Cyumweru tariki ya 01 Gashyantare 2026, yifashishije urukuta rwe rwa Instagram aho yagiye ahashyirwa ubutumwa bw’amasaaha 24, Stories, maze asangiza abamukurikira amafoto y’ababyeyi ba Tomclose , ayaherekesha inyandiko zikubiyemo ubutumwa bunyuranye.
Ikipe ya Kiyovu Sports yanganyije na Gorilla FC, 0-0 mu mukino w'umunsi wa 18 muri Shampiyona y'u Rwanda
Itsinda ry'abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Gisubizo Ministry ryashyize hanze indirimbo nshya bakoranye n'umuhanzi The Ben bise 'Nabaye umwe n’Imana'