Prophet Vincent Mackay ukorera ivugabutumwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye kurushinga n’Umunyarwandakazi Kate Clinton Ndikumagenge, bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo.
Twagirumukiza François yatorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, PSF. Ni umwanya asimbuyeho Mubiligi Jeanne Françoise wayiyoboraga kuva muri Gashyantare 2023