Evode Dushime

Ganza Sano Hervé

Korali, amatsinda yo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo bo muri ADEPR bari kugendera ku mabwiriza mashya agenga ababarizwa muri iri Torero ryiyita iry’Umwuka
Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’Ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa, itegerejwe kubera mu Mujyi wa Conakry muri Guinée, tariki ya 12-14 Ugushyingo 2025
Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025