IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Perezida w’Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko amakipe ya Kiyovu Sports na Police FC, ashobora kwiyongera kuri APR FC na Rayon Sports mu makipe yo mu Rwanda azakina CECAFA Kagame Cup 2026. 
Nkurayija Ishimwe Jean Hubert wari Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY).
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Indangamuntu, NIDA, cyatangaje ko ibikorwa byo gufotora no kwemeza imyirondoro ku bazahabwa indangamuntu koranabuhanga, bigeze kuri 38% mu gihugu hose. 
Abadepite batangiye ingendo rusange mu turere twose tw’Igihugu bagamije gusura abaturage no kureba ibikorwa byo kongera umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo byatoranyijwe ndetse n’ibihingwa ngengabukungu bya kawa n’icyayi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yahamagaye abakinnyi 24 azifashisha mu mikino Mpuzamahanga ya gicuti muri Kamena 2026, harimo n'uwakiniye Manchester United
Rayon Sports FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w'umunsi wa 33 wa BK Pro League wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi 2026.
Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Alphonse Hitiyaremye, yavuze ko amakimbirane hagati y’ibigo by’imari n’abakiriya babyo, akwiye gukemurwa mu buryo bwihuse, buboneye kandi butanga icyizere ku mpande zose, cyane cyane binyuze mu nzira y’ubuhuza.
Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare (RDRC), Nyirahabineza Valérie, yashimye uruhare rw'abasirikare bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu, rukomeje kuba inkingi y’amahoro n’ituze by’u Rwanda
Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025, hakurikiranywe ibirego birenga 4000 by’abana basambanyijwe.