Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Abayobozi b'umutwe wa AFC M23 batangaje ko barambiwe uburyarya bwa leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibaca inyuma bari mu biganir
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo Abanye-Congo bakemure amakimbirane bafitanye
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, washyizweho n’ihuriro rya AFC/M23, Busa Bwa Ngwi Nshombo yasabye abaturage bo mu gace ayoboye gutanga inoti zishaje bafite kugira bahabwe inshya
FARDC, yagabye ibitero bikomeye bya 'Drones' mu bice bya Rugezi, mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe mu gace gatuwemo n’abaturage b’Abanyamulenge
Ihuriro rya AFC/M23 rivuga ko Komisiyo ryashyizeho ishinzwe kuzahura ubutabera mu bice bigenzurwa n’iri huriro yatangiye akazi kayo ku magaragaro, mu rwego rwo kurandura burundu umuco wo kudahana
Mu ntangiriro z'icyumweru gishize, nibwo Qatar yakiriye ibiganiro bishya bihuza impande zishyamiranye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, AFC/M23 na Leta ya Kinshasa.
Umusirikare wa FARDC wo mu ngabo zishinzwe umutekano w’umuyobozi w’ingabo muri Kivu y’Amajyepfo, ku ruhande rukiri mu maboko ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe na Wazalendo
Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa RDC, Wazalendo yateje akavuyo mu muhango wo gushyingura Colonel Patrick Gisore uheruka kwitaba Imana azize impanuka y’indege.
Leta y’u Rwanda yakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
AFC/M23 ryatangaje ko ritazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk'uko byagenze basohoka mu mujyi wa Goma ubwo yawufataga