Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe,anemeza ko agiye kuzahurira na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yanenze bikomeye icyemezo cya Perezida Felix Tshisekedi cyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma, yerekana ko abaavuga igiswahili bakeneye uburenganzira bwabo aho kubafata nk’abasabirizi.
Ingabo zo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, zigaruriye uduce turimo Luhago, Bwegerera, Irega na Katsoba duherereye muri teritware ya Kabare, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikibuga cy’indege cya Goma kidakwiye gufungurirwa i Paris mu Bufaransa, kuko ibibazo byatumye gifungwa atariho biri
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa,ryashwishurije igihugu cy’ubufaransa bwayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma
Leta y’u Rwanda yakiriye imiryango 98 igizwe n’Abanyarwanda 326 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Ingabo z’ihuriro rya AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryigaruriye utundi duce tubiri duherereye muri teritware ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23,Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame ndetse agira icyo avuga ku makuru amaze iminsi avugwa ko yarashwe,anavuga ku kigiye kuba nyuma yo kuraswaho n’indege za FARDC.
Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.
Leta y’u Rwanda yakiriye Abanyarwanda 277 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biganjemo umubare munini w’abagore n’abana bavukiye mu buhungiro.