Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasubitse igitaraganya uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma yuko aketse ko haba hari umugambi wo kumuhirika ku butegetsi
Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23,Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame ndetse agira icyo avuga ku makuru amaze iminsi avugwa ko yarashwe,anavuga ku kigiye kuba nyuma yo kuraswaho n’indege za FARDC.
AFC/M23 ryamaganiye kure amakuru avuga ko bagiranye ibiganiro na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, bamusaba guhagarika imikoranire ya bugufi na Leta ya RDC
Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibimenyetso by’ubumenyi bukoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) cyatangaje ko kigiye gufungura ishami mu Karere ka Rubavu, mu rwego rwo kwegereza abaturage serivisi z’ubutabera