Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Ibihugu by’u Rwanda na Azerbaijan birateganya kugirana ubufatanye mu bijyanye n’Ubucuruzi bwa Peteroli n’ubw’amabuye y’agaciro.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera butangaza ko kugeza ubu imiryango 96 yari isigaye ku kirwa cya sharita mu karere ka Bugesera, mu Murenge mu Murenge wa Rweru,  itarimurwa, igiye gutuzwa mu Midugudu igiye kubakwa.
Perezida Kagame uri Baku muri muri Azerbaijan, yasuye Urwibutso rwa Alley of Honor, yunamira Heydar Aliyev, wabaye perezida wa gatatu w'iki gihugu na Zarifa Aliyeva wari umugore we.
Urwego rw’Igihugu rw’iterambere,RDB, rwatangaje ko iki cyumweru, Umuyobozi wayo,Africa Jean Guy, yaganiriye n’ Umuyobozi Mukuru wa Groupe Duval, Eric Duval hamwe n’itsinda rye, baganira ku mishinga yo kubaka inzu y’Ubucuruzi ya ‘Inzovu Mall’.
Abakuru b’ingabo bo mu bihugu byo muri Afurika birimo U Burundi, Djibouti, Ethiopia, Kenya, Rwanda, Uganda, na Comoros  bari kumwe n’abahagarariye ingabo bo mu karere batabara aho rukomeye ,Eastern Africa Standby Force (EASF), barangije amahugurwa yaberaga mu Rwanda .
Minisitiri wa Siporo,Nelly Mukazayire yasabye Abanyarwanda kuza ku bwinshi kwakira ibirori by’amateka bya   Shampiyona y’Isi y’Amagare bigiye kubera mu Mujyi wa Kigali , mu Rwandano muri Afurika muri rusange
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere,RDB, rwasabye abaturiye Pariki y’Ubukerarugendo bubungabunga Ibidukikije ya Nyandungu, Nyandungu Eco Park-NEP, kuyibungabunga, birinda kuyoherezamo imyanda itandukanye.
Umuvuduko w’iterambere ry’u Rwanda uragaragarira Isi yose nyuma ya Jenoside yakorewe Abatusi 1994.Ibi bishimangirwa n’ uburyo ikoranabuhanga riri kwifashishwa mu nzego zitandukanye zirimo ubuvuzi, umutekano,Uburezi, imari,ubuhinzi n’Ubworozi, ndetse n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.