Kuri uyu wa kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, ubwo abaturage ba Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo bari bahuriye mu nama n'Ubuyobozi bw'ihuriro AFC/M23, Leta ya Congo yabarashemo ibisasu byahitanye bamwe abandi benshi barakomereka.
Umukobwa wa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame yanenze Umuryango Mpuzamahanga uhamagarira u Rwanda gukuraho ingamba z’ubwirinzi, ashimangira ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda mu 1994, yasigiye isomo Abanyarwanda.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga