Ibyihariye

Minisitiri w’Intebe yaganiriye na Visi Perezida wa IFC kuri gahunda y’ubufatanye bwa Banki y’Isi n’u Rwanda

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Chelsea

MINEMA yagiriye abantu inama yo kuyobora amazi mu guhangana n’ibiza biterwa n’imvura

Perezida Kagame yifurije Abagore Umunsi mwiza abashimira uruhare rwabo mu Iterambere ry’Igihugu

Umujyi wa Kigali wahawe ikirango cyitwa "UCI Bike City" nk'ishimwe ry'uko wakiriye neza Shampiyona y'lsi y'Amagare ya 2025 kuva tariki ya 21 kugeza 28 Nzeri 2025, bwa mbere ku Mugabane wa Afurika.
‎Guverinoma y'u Rwanda n'iya  Togo, byasinyanye amasezerano yo gukuraho Visa ku baturage b'Ibihugu byombi. ‎Ni amasezerano
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko Guverinoma izongera gutanga Madamu Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw'Igifaransa (OIF)
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, ryakiriye inyandiko zikubiyemo ubutumwa bwamagana imvugo z'urwango n'ivangura Abanye-congo bavuga ururimi rw'Ikinyarwanda bakomeje gukorerwa n'ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC.
U Rwanda rurakataje mu iterambere ndetse ruri kwaguka mu mfuruka zose bituma abarutuye baterwa ishema no kurubamo no kwiratana intambwe rugenda rutera.
Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Yusuf Murangwa yatangaje ko guverinoma igiye gushora miliyari y’Amadolari mu rwego rwo kugeza amashanyarazi ku baturage mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka