Inkuru Nshya

Uwari Umuyobozi w'Akarere ka Rusizi, Anicet Kibiriga yeguye ku mirimo ye yo kuyobora aka Karere kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024.
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba asimbuye Dushimimana Lambert wari umaze amezi agera kuri cumi n'ane ayobora iyi Ntara.
Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.