Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Icyubahiro wa AIPAC

Perezida Kagame yakiriye Senateri wa Amerika baganira ku bufatanye n’umutekano

Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi ba NBA ku iterambere rya Basketball muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi wa Portugal mu Rwanda, Luisa Maria Machado da Palma Fragoso, usoje inshingano ze.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Conakry muri Guinée, aho azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Mamadi Doumbouya, uherutse gutorwa
Perezida Kagame yakiriye inyandiko za ba Ambasaderi bashya bagiye guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, barimo Ambasaderi w’u Buyapani n'uwa Leta ya Qatar
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahuye n’Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Eric Kneedler, bagirana ibiganiro byibanze no kumusezera ku myaka irenga itatu yari amaze akorera mu Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye Urubyiruko gukoresha imbaraga rwifitemo rwubaka igihugu ariko rurangwa n'indangagaciro.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025
Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w’ikigo cya Alibaba, Jack Ma, n’umuyobozi w’ikigo cya Yahoo, Jerry Yang, baganira ku bufatanye mu guteza imbere ubucuruzi no guhanga udushya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yanenze abagitanga serivisi mbi mu nzego zitandukanye, asaba abanyarwanda kujya bagaragaza ikibazo mu gihe bahuye nacyo.
Perezida Kagame yavuze ko mu nsengero hagikorerwamo amanyanga arimo ubutekamutwe bugamije kwiba abakirisitu bityo izifunzwe zitagakwiye gufungurwa.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka