Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Pariki y’Akagera yinjije arenga miliyari 1,9 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2026

“Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni urugamba rwa buri wese”-Minisitiri Habimana

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda arakubita umuhisi n’umugenzi muri CAVB Menʼs Club Championship 2026

Abapolisi 1697 basoje amahugurwa yihariye mu gucunga umutekano no kurwanya iterabwoba

Ikipe ya Al Hilal  SC Omdurman  yanyagiye ikipe ya Gicumbi FC ibitego bitanu ku busa mu mukino w’umunsi wa 23 wa Rwanda Premier League wabereye muri Stade Amahoro, yongera gushimangira umwanya wa mbere imaze iminsi.
Umuhanzi Maniraruta Martin wamamaye mu muziki nka Mani Martin yishimiye gusura Ingoro y’Amahoro iherereye i Hiroshima mu Buyapani, avuga ko yahigiye byinshi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 Werurwe 2026, bakubitira ndetse bakurura umukobwa mu muhanda.
Umukinnyikazi wa Filime akaba n’umwandizi wazo, Nyambo Jesca yatangaje ko agiye gushyira hanze filime ye nshya yise “ Mwenedata”
Abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagize itsinda rya Ben na Chance, bararikiye abakunzi babo kuzitabira ku bwinshi igitaramo cya Pasika bazakorera mu nyubako y'imyidagaduro ya BK Arena
As Kigali yaguye miswi n'ikipe ya Etincelles FC, ikomeza kwishyiraho igitutu cyo gukubana n'amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri
Rayon Sports yanganyije na Musanze FC mu mukino w'umunsi wa 22 wa shampiyona, Rwanda Premier League, maze ihita yinjira mu makipe ane ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa yaraye ataramiye anaganiriza abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026.
Austin  Luwano wamamaye nka Uncle Autsin mu itangazamakuru ndetse n’umuziki Nyarwanda, yatangaje ko yasezeye  ku gukora itangazamakuru rya Radio yari amaze imyaka 26 akora ahishura ko ari ibintu yakunze kuva mu mabyiruka ye.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka