Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umuhanzi Niyo Bosco yasangije abamukurikira amafoto ye n’umukunzi we Irene Mukamisha maze ayaherekesha amagambo y’icyongereza agira ati “ Imana izaha umugisha umunsi tuzahana indahiro z’iteka, n’ikimenyetso cy’urukundo rwacu ku wa 16 Mutarama 2026. Kwifatanya natwe muri uyu munsi bizaba ari iby’agaciro kuri twe.”
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia
Umunyarwandakazi Nkezabera Kyra ari mu bakobwa 32 bageze ku musozo w’irushanwa rya Nyampinga w’u Bubiligi
Umunyarwandakazi, Tuyishime Solange Keita wari uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe, yasoje iri rushanwa ari mu bakobwa 30 ba mbere, ku nshuro ya mbere yari aryitabiriye
Umuhanzi Ngabo Medard benshi bazi nka 'Meddy', kuri ubu usigaye yariyeguriye kuririmbira Imana yakeje Richard Nick Ngendahayo ufite igitaramo gikomeye ategerejwemo muri BK Arena
Umuraperi Papa Cyangwe ugeze kure y'itegura igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise 'Now or Never Album Launch' yararikiye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi ndetse atangaza ko yatumiye Rocky n'abagenzi be bahoze bakorana mu bijyanye n'umuziki
Maison Inkindi ni inzu y’imideli imaze igihe kigera ku myaka itatu ikora, iyi nzu itunganya imyenda ishaje abantu batagishaka kwambara ikongera kuba mishya
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yuko yaba abayeho mu buzima bumushaririye nyuma y’igihe kigera ku mezi atanu arushinze na Idrissa Ouédraogo
Umukinnyi wa filime Nyarwanda, Lynda Priya n’umukunzi we Christian Irenge, bamaze gutangaza ko ubukwe bwabo buzaba muri Gashyantare 2026